
Mu Rwanda iyo havuzwe “agafi gatoya” cyangwa “igifi kinini” ntabwo abantu bahita batekereza amafi yo mu mazi, ahubwo hatekerezwa ku bantu batandukanye FPR iba yarizeye …
Mu Rwanda iyo havuzwe “agafi gatoya” cyangwa “igifi kinini” ntabwo abantu bahita batekereza amafi yo mu mazi, ahubwo hatekerezwa ku bantu batandukanye FPR iba yarizeye …
Yanditswe na Umurungi Jeanne Gentille Kuri uyu wa Kane, tariki ya 23/06/2022, Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yakoreye uruzinduko mu Rwanda, aje kwitabira CHOGM-2022. …
Ejobundi ku tariki ya 21 kamena 2022, ikinyamakuru Infochrétien.com cyatangaje ko ISIS yibasiye ibiturage bituwemo n’Abakristu mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambike. Ibyo bitero …
Yanditswe na Remezo Rodriguez “Ikibazo si ubuziranenge ahubwo ni ugushaka kwiharira isoko” Ku wa Gatatu, tariki ya 22/06/2022, inkuru zabyutse zicicikana mu binyamakuru byo mu …
Yanditswe na Remezo Rodriguez Duherutse kumva Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yitotomba mu itangazamakuru avuga ko hari abana barangiza kwiga amashuri yisumbuye batazi …
Mu bihe bitandukanye twagiye tubagezaho inkuru zo gutabariza Matuje Aphrodis washimuswe inshuro ebyiri zikurikiranyije, ubwo bwa mbere yashimutanywe na bagenzi be batatu, bagafungirwa mu ibagiro …
By Nema Ange French President Emmanuel Macron will meet political opponents on Tuesday, June 21, after he and his allies lost its majority in the …
Yanditswe na Remezo Rodriguez Isi yose imaze iminsi ihangayikishijwe n’umutekano muke uvugwa mu Burasirazuba bwa RD Congo, hafi y’umupaka isangiye n’u Rwanda. Ibi bihugu byombi …
Hashize igihe kitari gito tubagezaho inkuru zo gutabariza inzirakarengane zifungiye mu magereza yo mu Rwanda izindi zikaba zaraburiwe irengero, nta kindi bose bazira uretse kugaragaza …