Niyomugabo: “Abaryankuna” biteguye no gupfa kabone naho hasigara bake, mpaka bubuye u Rwanda!

Spread the love

Niyomugabo Nyamihirwa,Ntamuhanga Cassien bafatanyije na bagenzi babo b’ikubitiro, mu wa 2013 bahurije hamwe urubyiruko rufite igihugu ku mutima kandi rwiteguye gutanga ikiguzi icyo aricyo cyose kugira ngo u Rwanda rwuburwe.

Niyomugabo yabaye uwambere mubatanze amaraso ye,aba abaye “Umutabazi”wa mbere w’Umuryankuna wo mu kinyejana cya 21 utanze amaraso ye kubw’u Rwanda.

Abaryankuna basigaye nabo biteguye kugera ikirenge mucye kugeza ubwo u Rwanda rusubiriye ku murongo.

Muri iki kiganiro urabasha kumvamo ingengabitekerezo n’imyumvire y’Abaryankuna kubijyane no gutanga amaraso yabo kubera igihugu.

Kubindi bisobanuro wakwandikira umunyamabanga mukuru w’Abaryankuna kuri email: ranpsg.abaryankuna@gmail.com