Niyomugabo yiyama anihanangiriza Abadepite b’u Rwanda kwitwaza “Ndi Umunyarwanda” kuko bigaragaje!

Spread the love

Abategetsi bose b’u Rwanda birwa babeshya abaturage ko bakunda u Rwanda ariko ibyo bakora bigaragariza buri wese icyo baricyo! Icyo baricyo ntakindi kitari abasahuzi n’abacanshuro bakorera umuntu aho gukorera igihugu!

Aha Niyomugabo Nyamihirwa Gerald, yuzuye umwuka n’ubutware akesha gukunda igihugu nta mbereka, nta bwoba nta mususu kuri radio atezwe amatwi n’abantu ibihumbi n’ibihumbi, yifatiye ku gahanga,abadepite abiyama kutazongera guhirahira ngo bavuge Ndi umunyarwanda,kuko batazi icyo ari cyo…kuko bo ahubwo ibiri amambo bigaragaje!

Komeza ukurikirane byinshi:

  • kuri www.abaryankuna.com
  • Ku mugaragaro info blog
  • Kuri channel yacu ya youtube.